Imyidagaduro
Miss Rwanda Umutesi Jolly yerekanye itandukaniro rye n’abandi banyampinga bamubanjirije: AMAFOTO

Yagize ati mu gikorwa cyanjye nise ‘Agaciro kanjye campaign’, Nyampinga w’u Rwanda 2016 Mutesi Jolly kuri uyu wa gatatu w’icyumweru gishize yasuye urubyiruko 2 949 ruri mu kigo ngorora muco ku kirwa cya i Wawa mu kiyaga cya Kivu arusaba ko igihe bazarangiriza amasomo bahabwa bagasubira mu ngo zabo bakwiye kuzaba abavugizi mu kwamagana ibiyobyabwenge no kumenya agaciro kabo mu muryango nyarwanda,
 Ni ubwa mbere nyampinga w’u Rwanda agiye muri icyo kigo nkuko bitanganzwa n’ubuyobozi bwaho ndetse banavuga ko ari urugero rwiza ku rundi rubyiruko rufite icyo rwafasha bagenzi babo babaye imbata z’ibiyobyabwenge.
Nzabamwita Nicolas ukuriye icyo kigo cya i Wawa, yashimiye cyane Miss Jolly ku rukundo yagaragarije urwo rubyiruko anamusaba ko akwiye kuba umuvugizi wabo nk’indorerwamo ya rubanda.Yavuze ko ikibazo cy’ibiyobyabwenge ari ikibazo kitareba leta gusa. Ahubwo ko ari ikibazo cyagakwiye gutekerezwaho mbere n’ababyeyi noneho leta ikaza ari umwunganizi.
Mu myaka itandatu kimaze gishinzwe, abana bamaze kuharangiriza amasomo bahabwa y’uburezi basubira mu mago yabo bagera ku 7355.
DORE AMAFOTO
-
inyigisho20 hours ago
Musore mwiza tereta nakubwira iki ariko umenye ko ibi bintu bikurikira abakobwa babyanga urunuka ubyirinde utazisama wasandaye
-
Imyidagaduro23 hours ago
Fred Lyon wamamaye mu kwambika ibyamamare bitandukanye yambitse impeta umukobwa w’umwarabukazi wamwemereye ko azamubera umugore (AMAFOTO)
-
Imyidagaduro23 hours ago
Nubwo Emmy na Fiancée we batubeshye ko yamutunguye, burya aho ibirori byabo byabereye harenze kure ibya Meddy(AMAFOTO).
-
Imyidagaduro14 hours ago
Abanyarwandakazi babica bigacika kubera uburanga bwabo bukurura abagabo bukanabinjiriza agatubutse(AMAFOTO)
-
Inkuru rusange13 hours ago
Rwanda:Umugeni yafashe fiancé we asambana n’undi mukobwa ubukwe bwabo buhita bupfa.
-
Imyidagaduro17 hours ago
Amafoto y’abastar nyarwanda yaciye ibintu kuri instagram muri iki cyumweru
-
inyigisho11 hours ago
Waruziko gutera akabariro kenshi birinda indwara nyinshi harimo n’izikomeye? Sobanukirwa!
-
Ikoranabuhanga20 hours ago
WhatsApp yatanze ikindi gihe ntarengwa izatangiriraho gushyira mu bikorwa amavugurura yabo mashya.