in

Miss Nimwiza Meghan yahishuye amafunguro azi guteka(amashusho)

Nimwiza Meghan wabaye Nyampinga w’u Rwanda 2019 yahishuye ko amwe mafunguro azi guteka harimo n’ipirawu.Aya mafunguro Miss Nimwiza Meghan avuga ko ari mu yo azi gutegura neza ku buryo ari nayo yahitamo gutegurira umushyitsi yubashye wamugendereye.

Miss Meghan yagize ati”Nkunda guteka ipirawu, ariko nkunda cyane gukora Clepe ibyo ngibyo ni byo nkunda gukora cyane”. N’ubwo atari umuhanga mu guteka yavuze ko nk’inkumi abigerageza ku buryo kuri we ayo mafunguro ariyo ashobora gutegura neza.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mukobwa ,nubona umusore witwara gutya uzamenye ko ari we Imana yakugeneye uhite ufatiraho||ntakwiye kugucika.

Umunyarwenya Anne Kansiime yibarutse umwana we w’imfura ahita amuvugaho amagambo akomeye.