in

Miss Mutesi Jolly yagaragaye ari muri Gym yagiye gukora umubiri no gutwara imodoka (Videwo)

Miss Rwanda 2016, Mutesi Jolly yagaragaye ari muri Gym akora siporo ndetse aza no kujya aho bakinira gama zo gutwara imodoka kuri mashine.

Muri iyi minsi Mutesi Jolly yiyemeje kujya azenguruka ibyiza bitatse u Rwanda, kuri iyi nshuro yari yagiye gusura inyubako y’imyidagaduro ndetse na Siporo izwi nka Bk Arena.

Ubwo yasuraga iyi nyubako, yatemberejwe mu bice byayo byose ndetse agenda asobanurirwa ibigize iyi nyubako y’agatangaza.

Ubwo yayigeramo yeretswe ibice bitandukanye ndetse agera ahari Gym aho yahise akora siporo yo kunyonga igare nuko abuye aho yahise ajya ahakinirwa imikino ya mudasobwa (games) naho akina uwo gutwara imodoka.

Videwo

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza wa APR FC Adil Mohamed yabwiye rutahizamu we ukomeye gusigara akorera imyitozo mu Intare FC mu gihe abandi bari i Huye

Rayon Sports yamaze kurega umukinnyi wayo muri FERWAFA imusaba kuyisubiza amafaranga yamuguze