in

Miss Linda wikuye muri Miss Rwanda amannye umuceri hasi||Prince Kid twabanaga muri bootCamp

Miss Nkusi Linda wavuye mu irushanwa rya Miss Rwanda igitaraganya yaruciye ararumira ubwo yabazwaga ku bijyanye nibibera muri iri rushanwa rimeza iminsi rigarukwaho cyane ,nyuma y’aho umwe mu bayobozi bategura iri rushanwa atawe muri yombi nyuma yo gukekwaho ihohoterwa rishingiye ku gitsina.

Uyu mukobwa wikuye muri Miss Rwanda 2022 igitangira yanze kugira icyo avuga kuri aya makuru. Ni mu kiganiro yagiranye na MIE Empire kuri Youtube, maze agaragaza ko nta byinshi yabivugaho.Ubwo umunyamakuru Irene Murindahabi yabazaga Linda ku bibera muri Miss Rwanda yasubije ko hazategerezwa icyo urukiko ruzansura.Hakemezwa niba Prince Kid ari umwere cyangwa icyaha kimuhama.Abajijwe niba Prince barigeze babonana avuga ko nk’umuyobozi w’irushanwa yajyaga aza kubareba aho babaga bari muri BootCamp.

Abajijwe uko yamvise amajwi ya Miss Muheto avugana na Prince Kid yahise avuga ko ,byaba byiza nta kintu abivuzeho.Ati:” ndumva twareka kubivugaho kuko nakubwiye ko ibyo bintu ntakintu mfite nabivugaho.Ibyo bintu ntabwo mbizi pe”

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Couples 5 za mbere z’abastar nyarwanda zirimo gutwika muri showbizz nyarwanda muri iyi minsi (Amafoto)

Abasore baragwira! ibyo Divine yakorewe na Eric ubwo yamutunguraga kuri Radiyo ntabwo azabyibagirwa (Amajwi)