Kate Bashabe umwe mu bakobwa bakunzwe cyane muri Showbiz nyarwanda yaraye atunguye abafane be kuri snapchat ababwirako kuri ubu ari mu rukundo.
Miss Kate Bashabe yatangaje kumugaragaro ko ari mu rukundo

Kate Bashabe umwe mu bakobwa bakunzwe cyane muri Showbiz nyarwanda yaraye atunguye abafane be kuri snapchat ababwirako kuri ubu ari mu rukundo.
Kate Bashabe wamenyekanye yegukana ikamba rya Miss MTN nyuma akagenda arushaho kwamamara yifashishije imbuga nkoranyambaga nka Instagram ndetse na Snapchat yaraye atangajeko ari mu rukundo gusa bikaba byatunguye abantu batari bake dore ko kugeza ubu nta musore numwe byigeze bihwihwiswa ko baba bakundana nkuko byagiye bigaragara ku bandi ba Miss batandukanye.
Nubwo bwose yatangajeko ari mu rukundo agira ati:”I am in love” ntago yigeze yerekana umusore bari mu rukundo uwariwe.