in

Miliyoni zirenga 500 n’amatungo arenze 2,500 yabazwe ni bimwe mu byaranze umunsi wo gutanga igitambo ku bemera dini rya Islam https://wp.me/p7ovfz-Xvy

Miliyoni zirenga 500 n’amatungo arenze 2, 500 yabazwe ni bimwe mu byaranze umunsi wo gutanga igitambo ku bemera dini rya Islam.

Umuryango w’Abayisilamu mu Rwanda, RMC, wateguye amatungo agomba kubagwa arimo inka n’ihene mu kwizihiza Umunsi Mukuru wa Eid Al Adha, afite agaciro k’arenga miliyoni 500 Frw.

Eid Al Adha yizihizwa hazirikanwa igihe Aburahamu yari agiye gutamba umwana we Ismail, Imana ikamushumbusha intama.

Ni umunsi ubanzirizwa n’amasengesho rusange ahuza abayisilamu hirya no hino mu gihugu, ugakurikirwa n’igikorwa cyo kubaga amatungo atangwamo ibitambo, agahabwa abatishoboye.

Uyu muryango wateguye inka 1300 n’ihene 1200 zizabagwa muri iki gihe cy’iminsi ibiri ariko bishobora kwiyongera bitewe n’uko uyu muryango ugenda ubona abaterankunga.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Isi Igeze habi! Umusore yunamye amanura ipantaro umukobwa yandika izina rye ku kibuno kubera impamvu buri wese atashyigikira

Bya bintu ni ukuri! Umuryi kabuhariwe i Kigali Temarigwe yavuze ukuntu yariye kugeza avunitse(inda iraturika) ndetse avuga ukuntu abanye n’umuryango we – VIDEWO