in

Mike La Galette wabaye umufana ukomeye wa APR FC na Amavubi yasezeweho bwa nyuma

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 04 Ugushyingo 2023, Kimihurura mu mujyi wa Kigali habereye umuhango wo gusezeraho bwa nyuma umukunzi wa APR FC n’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Michael Martin Fietzek wamenyekanye nka Mike La Galette uherutse kwitaba Imana tariki 28 Ukwakira 2023.

Mike La Galette ni umugabo wakomokaga mu Budage ariko wabaye imyaka myinshi mu Rwanda, ndetse ahinduka umufana ukomeye wa APR FC ndetse n’ikipe y’igihugu Amavubi aho yagize aziherekeza mu mikino zahiye gukina hanze y’igihugu ndetse n’imbere. mu gihugu akaboneka ku masitade

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Agezweho: Ibyo Joackiam Ojera akorera mu Rwanda byirengagijwe n’umutoza w’ikipe y’igihugu ya Uganda

Mike La Galette wabaye umufana ukomeye wa APR FC na Amavubi yasezeweho bwa nyuma