in

“Mfite abana 11 harimo 4 nabyaye hanze” Nta kurya indimi, Theo Bosebabireba yavuze umubare w’abana amaze kubyara n’uburyo yababyayemo bitangaza abatari bake

“Mfite abana 11 harimo 4 nabyaye hanze” Nta kurya indimi, Theo Bosebabireba yavuze umubare w’abana amaze kubyara n’uburyo yababyayemo bitangaza abatari bake.

Umuhanzi w’indirimbo zo guhimbaza Imana, Theo Bosebabireba aravuga ko ashimira Imana.

Ashima Imana ko yakomorewe n’itorero ADEPR asengeramo nyuma yo gusaba imbabazi.

Avuga ku muryango, Bosebabireba avuga ko afite abana barindwi mu rugo iwe, akagira n’abandi bana hanze yabyaye mu buryo yita ko ‘Yakozemo amakosa’ akisubiraho avuga ko ari ‘Umugambi w’Imana’ bose hamwe bakaba 11.

Muri abo bana hari abo atacyitaho kubera ko ba nyina babajyanye hanze, hakaba n’abandi ba nyina babwiye Theo ko atagomba kwigora kubera ko afite benshi yitaho.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Igihe umutoza wa Rayon Sports ashobora kumara imvune yagize itarakira byakanze benshi

Ni ukuva mu bwiza ujya mu bundi! Visit Rwanda yashoye amafaranga mu ikipe ikomeye cyane ku mugabane w’i Burayi nyuma ya Arsenal na PSG