in

Messi yakoze amateka aca uduhigo tuburi mu mukino umwe.

Mu gihe ikipe ya Argentine yakinaga na Estonia, kabuhariwe Lionel Messi yakozwe amateka adasanzwe atsinda ibitego byamugize Umukinnyi ukomeye, bimusigira n’uduhigo twinshi.

Muri uyu mukino Lionel Messi yabashije kuba yatsinda ibitego bitanu byose, byakoze amateka yo kuba Umukinnyi wabashije kuva yatsinda ibitego byinshi mu mukino umwe ari mu ikipe y’igihugu.

Lionel Messi kuri ubu akaba yamaze guca agahigo Kari gafitwe na kabuhariwe Pele ukomoka muri Brazil, bikaba byamugize Umukinnyi watsinze ibitego byinshi mu bihugu byose biherereye ku mugabane wa Amerika Y’epfo.

Ndetse u ungubu akaba yanaciye ku mukinnyi ukonoka muri Hongiriya( Hungary) Ferenc Puskas tugendeye ku mibare ya FIFA, ubungubu Lionel Messi yageze ku mwanya wa kane ku bakinnyi batsinze ibitego byinshi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakurukazi wa RBA yambitswe impeta n’umukunzi we(amafoto)

Umupasiteri ufite irari yashutse umukobwa ngo baryamane Imana irabyeza