in

Menya uburyo wakwirukana marijoze mu nzu 

Hari udusimba twinshi twibasira inzu y’umuntu ku buryo tumwe muri two dufasha mu gukwirakwiza indwara zitandukanye.

Urugero n’ibinyenzi, imperi, marijoze, n’utundi twinshi.

Aka gasimba ngo ni marijoze ko ni kabiri cyane kuko muriko kifitemo uburozi budasanzwe, ku buryo iyo kaguye mu biryo cyangwa ibyo kunywa bishyushye, gahita kayengeramo kuburyo utamenya ko kanaguyemo.

Iyo uriye ibyo biryo cyangwa ukanywa ibyo kaguyemo uhita upfa kuko kagira ubumara buhambaye.

Twifuje kubasangiza uburyo ushobora gukoresha wirukama utu dusimba twa marijoze mu nzu yawe.

Uburyo wakoresha ni bumwe kandi buroroshe.

Ni ugufata umunyu ukawuvanga na tungurusumu isekuye, ukabivangira mu mazi, ubundi ukajya ubitera mu nguni zose z’inzu buri munsi.

Ibi ubikora hagati y’icyumwe n’ibyumweru bibiri.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rayon Sports yagize icyo ivuga ku kuba yaba yakuwe mu irushanwa

Bukayo Saka yambuye igihembo Marcus Rashford