in

“Menya ndi mu rukundo “Ariel wayz yaciye amarenga y’urukundo rushya

Umuhanzikazi Ariel wayz uri mu bakunzwe kubera ubuhanga n’ijwi benshi bemeza ko ari mu bahanzi bashya bafite impano idasanzwe.

Ariel wayz wigeze kuba mu rukundo n’umuhanzi Juno Kizigenza gusa biza kurangira bose batandukanye nabi aho buri wese yashinjaga undi ku muca inyuma.

Wayz yongeye kuvugisha abatari bake ubwo yandika kuri Twitter ye ko yaba ari mu rukundo nanone ndetse benshi mu bakunzi be bakiriye iyo nkuru bitandukanye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakinnyi 4 ngenderwaho ba APR FC babujijwe kwitabira umukino wa CAF champions league

Umukinnyi wa APR FC yashwanye n’abatoza mu ikipe y’igihugu bituma adakinishwa aza kwicazwa mu bafana