in ,

Meek Mill n’amarira atemba ku matama aratakambira Nicki Minaj (Impamvu)

Nyuma yuko Nicki Minaj atandukanye n’umuraperi Safaree Samuels, yahise abona Meek Mill wamuhojeje amarira ,ndetse akajyana mu bitaramo bitandukanye ndetse yewe baje gukorana indirimbo bise ” all eyez on you” nyuma baje gutandukana ndetse Nicki afata iyambere avuga ko atakiri kumwe na Meek.

kuri ubu amakuru atangazwa n’ikinyamakuru Teatenders aravuga ko Meek amaze igihe mu bwigunjye bukomeye ndetse ngo nyuma yo gutandukana na Minaj yagiye amusaba ko basubirana ariko Nick akamureka,ndetse ngo yaramutakambiye arira gusa Nicki ahitamo kwituriza dore ko MTO yatangaje ko Meek yamubabaje cyane  bitewe n’uko yamusabye kumuguma iruhande ( ubwo Meek yari afungishijwe ijisho mu rugo iwe i philadelphia )Nicki akabyanga bitewe nuko yagombaga gukurikirana umuziki we nuko Meek ahita yishakira undi mukobwa umumara irungu

TeaTenders iravuga ko Meek yaguze impeta ihenze cyane ya diamant ndetse yanditseho ijambo “ndagukunda” ibi akaba yarabikoreye kugira asabe amahirwe yanyuma,Muri video yashyizwe hanze n’iki kinyamakuru Meek aba afite iyi mpeta ndetse ari gucuranga indirimbo isaba amahirwe yanyuma ,ifite amagambo agira ati”“You’re my little Barbie, got you a new Rollie, just to say I’m sorry” . . . “Make up… make up… make up… I’ll make it up to you= uri umwiza wanjye,nzakugurira isaha irenze kugira ngusabe imbabazi…………..”

Reba hano iyo video

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

 Umwali w’umunyarwandakazi nyuma yo kwerekana hagati y’amabere akabishimirwa ubu yerekanye n’ahandi

Irebere amafoto agaragaza abakobwa b’abanyarwandakazi bahiga abandi mu kwambara impenure