in ,

Irebere amafoto agaragaza abakobwa b’abanyarwandakazi bahiga abandi mu kwambara impenure

Ubundi ubusanzwe uruganda rwa Showbiz cyangwa se Imyidagaduro aho ruva rukagera ku isi yose usanga ibiberamo byose binjya gusa,ibi ahanini bikaba bituruka mu kwiganana mu bikorwa biberamo bya buri munsi.

Ibi kandi binashingirwa no mu myambarire,aho usanga bamwe baba bashaka kwisanisha n’icyamamarekazi runaka bitewe n’umwambaro yamubonyemo.Aribwo buryo bugezweho ubu ku byamamarekazi byo mu Rwanda bikunze gukoresha ku mbuga nkoranyambaga mu rwego rwo gukurura abantu bifashishije uburanga bwabo n’ikimero bafite.AMAFOTO:Abakobwa 6 b’ibyamamare bazwiho...

Aba bakobwa n’abagore ni bamwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga cyane bagamije kubona abafana ariko kandi kugirango babigereho bakagerageza kwambara imyenda migufi cyane kugirango berekana ikimero cyabo. N’ubwo ababakurikira bose badahuriza kuri iki kintu ariko, aba bo bemeza ko ntacyo babona bitwaye ndetse ko baba bambaye neza rwose kandi ko bibanyura.

Irebere imyambarire yabo mu bihe bitandukanye:

1. Sacha Kat


2. Kate Bashabe


3. Fearless


4. Asinah


5. Oda Paccy


6. Shaddy Boo


Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Meek Mill n’amarira atemba ku matama aratakambira Nicki Minaj (Impamvu)

Real Madrid igiye gusubiza umukinnyi wayo ukomeye mu ikipe yamukuyemo kubera gutangira gusaza babaguranire ukiri muto