in

Meddy yakinze abantu ibikarito mu maso ku nkoni bivugwa ko akubitwa akorera agashya imfura ye

Mu birori byahuje umuryango wa Medard n’inshuti n’abavandimwe, bishimiye umwaka ushize bibarutse imfura yabo.

Ibi birori byabereye mu rugo kwa Meddy nkuko amafoto ku mbuga nkoranyambaga za Meddy na Mimi abigaragaza.

Muri Gicurasi 2021, nibwo Ngabo Medard na Mimi bemeranye kubana nk’umugabo n’umugore imbere y’abantu n’Imana mu bukwe bwabereye Dallas muri Leta zunze ubumwe za America.

 

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubu ni ubunyamanswa; Umugore yashwanye na mugenzi we aho kugira ngo akubite nyiri ubwite yihimura ku mwana we muto w’igitambambuga(Videwo)

Nshuti Divine Muheto yujuje umwaka afite ikamba rya Miss Rwanda

Miss Rwanda Muheto Divine yashimye Imana