in

Meddy nyuma yo gutangaza ko agiye gukora umuziki wo guhimbaza Imana The Ben nawe agiye kumwiyungaho

Abagabo bubatse izina mu muziki nyarwanda Mugisha Benjamin uzwi ku mazina ya The Ben ndetse na Ngabo Medard uzwi ku mazina ya Meddy basigaye bakorere umuziki wabo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma y’aho Meddy atangaje ko agiye guhagarika kuririmba umuziki usanzwe akaririmba umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana, mugenzi we The Ben nawe habyutse amakuru avuga ko nawe agiye kwiyunga kuri mugenzi we Meddy.

Gusa uyu musore The Ben birashoboka ko atagiye guhagarika umuziki usanzwe burundu kuko amakuru ahari ni uko ari agitaramo cyo kuramya no guhimbaza Imana agiye gukorera muri America azafatanya n’uwahoze mu itsinda rya Dream Boyz witwa TMC.

Ihere ijisho videwo aho hasi…..

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Biratangaje: Miss wa Ukraine yatangaje benshi ubwo yavugaga ukuntu yagiye ku rugamba atwite(amafoto)

Breaking news: Ikipe y’igihugu ya Brazil yamaze guhamagara abakinnyi 26 bazayifasha mu gikombe cy’isi (Menya urutonde)