in

“Meddy afite agasuzuguro gakabije” Meddy yiswe umunyagasuzuguro kubera ibyo yakoreye abakoresha imbuga nkoranyambaga

“Meddy afite agasuzuguro gakabije” Meddy yiswe umunyagasuzuguro kubera ibyo yakoreye abakoresha imbuga nkoranyambaga

Bamwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga bakomeje kwinubira ibyo Meddy abakorera bituma banamwita umunyagasuzuguro gakabije.

Baravuga ko Meddy asuzugura kubera ukuntu bamuvuga ariko we akaba atabasubiza, ati ” wagirango tuba turi kuvuga ibuye”. Bati “basi ajye arira nka The Ben ariko areke kudusuzugura”.

Gusa benshi ntibemerankwa n’ibi kuko bavuga ko ahubwo ari ukwihesha amahoro, ndetse ko yihagazeho ataza guterana amatiku nabo.

Comments.

 

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Benshi bikanzemo! The Ben n’umugore we Miss Pamella babaye igitaramo nyuma y’uko abantu batahuye ko kera bari bafite amasura akanga abana -IFOTO

Umwe ahise ahasiga ubuzima! Mu Karere ka Rusizi habereye impanuka iteye ubwoba ikozwe n’Imbangukiragutabara (Ambulance)