in

Meddie Kagere yahishuriye abakinnyi b’ikipe ya APR FC ibanga bagomba gukoresha ku girango bikure mu menyo ya Pyramids FC

Rutahizamu w’umunyarwanda ukinira Namungo FC muri Tanzania, Meddie Kagere yasabye abakinnyi ba APR FC kumva ko gutsinda Pyramids FC bishoboka kandi ko muri Champions League amanota 3 yo mu rugo ari ingenzi cyane.

Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 14 Nzeri 2024 APR FC iracyira Pyramids FC mu mukino ubanza w’ijonjora rya nyuma rya CAF Champions League ni mu gihe umukino wo kwishyura uzaba tariki ya 20 Nzeri 2024, ikipe izakomeza ikazagera mu matsinda.

APR FC ikaba iri mu rugamba rwo kugera mu matsinda, ikandika amateka akomeye cyane ko itarageraho.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

APR BBC yihimuye kuri Patriots BBC mu mukino wa kabiri wa kamarampaka

Umukinnyi wakiniye ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi ari mu buribwe bukomeye cyane