in

“Mbonye iyi videwo numva umutima ugiye guturika” Umunyamakuru Anne Marie Niwemwiza yenze guturika umutima nyuma yo kubona amashusho y’umubyeyi ufite uburwayi budasanzwe

“Mbonye iyi videwo numva umutima ugiye guturika” Umunyamakuru Anne Marie Niwemwiza yenze guturika umutima nyuma yo kubona amashusho y’umubyeyi ufite uburwayi budasanzwe.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa X, Umunyamakuru Anne Marie Niwemwiza yasabiye ubufasha umugore ufite uburwayi bw’amayobera.

Ni umugore wakoranye ikiganiro na Afrimax Tv, aho yitabwagaho n’umwana we w’imyaka 8.

Mu kubona ayo mashusho, Anne Marie Niwemwiza yamusabiye ubufasha.

Yagize ati: “Mana yo mu ijuru […] Dear, @RwandaHealth mwiriweho? Mbonye iyi videwo numva umutima ugiye guturika. None rero babyeyi mugenzure amakuru y’ibiyivugwamo maze uyu mubyeyi avurwe niba bishoboka. Babyeyi, @RwaMilitaryHosp mbaziho impuhwe no kuvura abahindutswe n’ubuzima maze mugasanasana iminsi ikicuma, Murebe niba n’uyu hari icyo mwamufasha.

Akomeza agira ati: “@RwandaGender Ni ukuri namwe murebarebe icyo mwakora maze uyu mwana afashwe. Imyak 8 urera mama wawe urwaye atya? Ibaze imyaka 8 akaba ari we umenya aho akura ibibatunga….. Oh God. Niba iyi nkuru ari impaamo ni ukuri uyu mubyeyi afashwe. Murakoze. ”

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Muri CAN yabaye uwa 3! Rayon Sports irashakwa ku kibi na cyiza n’umutoza wagejeje ikipe y’igihugu cye muri 1/2 muri CAN

N’abasaza bahagurutse! Umuyahudi w’imyaka 95 yagiye ku rugamba nyuma yo kubona igihugu cye cyugarijwe n’ibisasu bya Palestine