in

“Mbashimiye uruhare rwanyu mu iterambere ry’umupira w’amaguru mu Rwanda” Perezida wa FIFA yashimiye Apr Fc kubera ibyo yagezeho

Gianni Infantino uheruka mu Rwanda mu munsi ya shize

Perezida w’Impuza mashyirahamwe mu mupira w’amaguru ku isi FIFA, Gianni Infantino yashimiye Apr Fc nyuma yo gutwara igikombe cya shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda.

Mu ibaruwa ifunguye dufitiye kopi yanyujijwe ku muyobozi mukuru w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA, Nizeyimana Olivier Mugabo, Gianni yishimiye cyane ibyo Apr Fc yageze.

Muri iyi baruwa, Perezida wa FIFA yashimiye abigize uruhare kugira ngo Apr Fc yegukane igikombe maza aboneraho n’umwanya wo gushima uruhare rwa Apr Fc mu iterambere ry’umupira w’amaguru mu Rwanda.

Ibaruwa ifunguye yandikiwe Apr Fc

Gianni Infantino uheruka mu Rwanda mu munsi ya shize

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamukurukazi w’ikizungerezi arashaka umugabo wamurongora ||dore ibyo yasabye

Umupasiteri avugana n’umugore we wapfuye