in

Mbabazi Shadia ‘Shaddy Boo’ yanenze uburyo Benie w’imyaka 10 asubiza ibibazo by’abantu bakuru maze aboneraho kugira inama ababyeyi bagenzi be uko batanga uburere – VIDEWO

Icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, Mbabazi Shadia uzwi nka Shaddy Boo, yanenze uburyo umwana witwa Benie w’imyaka 10 y’amavuko umaze kuba ikimenyabose, asubiza ibibazo by’abantu bakuru mu itangazamakuru.

Shaddy Boo yanenze ibi nyuma y’amashusho ya Benie, aho yagiranye ikiganiro n’umunyamakuru Irene Murindahabi akamubaza ibibazo bigiye bitandukanye gusa Benie nawe akabisubiza neza cyane nk’abantu bakuru.

Shaddy Boo yagize ati “Babyeyi mureke turinde abana bacu, ntabwo dukwiye kubajyana muri ibi bintu bakiri batoya, cyane ibyo kubazwa ibibazo n’abantu bakuru. Tureke kwica innocence y’umwana.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uzagurisha umugabane we akagura itike ya Miliyoni 10 mu gitaramo cya The Ben i Burundi, azagirirwa umugisha no gusurwa n’uyu muhanzi ukunzwe cyane mu Rwanda no mu Burundi

Ni uguhembwa mu madorari! Umunsi umwe rukumbi w’umunyarwanda yashyizwe mu basifuzi bazasifura igikombe cy’isi