in ,

Marina yashyikiwe n’ingaruka zo kubyina atambaye ndetse no kumenyekana

Mbere yuko Marina atangira umuziki yari inshuti n’umusore witwa Edisha ndetse haherutse gusohoka amafoto abagaragaza bombi baryamye mu gitanda,amakuru agera kuri YEGOB avuga ko Edisha na Marina bari bamaranye hafi imyaka 6 bakundana ndetse ngo bari bazi ko ntacyabatanya,gusa ibyo ni mbere yuko Marina atangira kumenyekana kuko ubu  abyicuza cyane ko ngo byamutwaye uwo yahoze yita urukundo rw’ubuzima bwe.

Ibindi byiyumvire nawe muri iyi video ikurikira :

https://www.youtube.com/watch?v=L2nKfdEuf7s&feature=youtu.be

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imibyinirire y’izi nkumi z’i Kigali yateye Sauti Sol kwizihirwa (+video)

Marina ft. Papito – DECISION