in

Marina yaje yambaye bote! Uko abahanzi b’ibyamamare mu Rwanda baserutse mu birori byo kwibohora ku nshuro ya 30 muri Sitade Amahoro – AMAFOTO

Abahanzi b’ibyamamare muri muzika y’u Rwanda bari mu bitabiriye Ibirori byo Kwibohora ku nshuro ya 30, ndetse baseruka mu myambaro itandukanye.

Ibi birori byitabiriwe n’abahanzi barimo The Ben, Marina, Ruti Joël, Mariya Yohana, Butera Knowless, Senderi Hit, Dr. Claude n’abndi benshi.

Buri wese yakoze ku myenda ijyanye n’uyu munsi, Marina we yaje yambaye imyenda isa n’iyizwi nka ‘Mukotanyi’ Ingabo zahoze ari iza APR zambaraga.

Uretse Marina, The Ben, Senderi na Ruti Joël nabo bari bakoze ku myenda iri mu mabara y’icyatsi kijya gusa n’igikoresha mu gukora imyambaro ya gisirikare.

Marina yaje yambaye bote
Isimbi Model yazanye n’umugabo we

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Welcome to Rayon Sports” Amagambo Leander Willy Essombe Onana yabwiye ubuyobozi bwa Simba SC, yatumwe abafana ba Rayon Sports batangira kumwandikira bamuha ikaze muri Murera

Havumbuwe umuti ufite ubushobozi bwo kurwanya agakoko gatera SIDA