in

Man City bayikanguye, amakipe nka PSG na Barcelona zihacana umucyo! Uburyohe bwa Uefa Champions League bwagarutse – Uko imikino yarangiye

Imikino y’amakipe yabaye ayambere i wayo i Burayi ‘Uefa Champions League yagarutse mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri tariki 19 Nzeri 2023.

Mu makipe akomeye nka PSG ibitego 2-0 yatsimze Dortmund, byatsinzwe na Mbappe ku munota wa 49′ kuri penarite, icya kabiri ni Hakimi ku munota wa 58.

Naho ubwo Barcelona yanyagiraga Antwerp ibitego 5-0, byatsinzwe n’aba bakurikira:
. João Félix yatsinzemo 2 ku munota wa 11′, 66′
.Lewandowski ku munota wa 19′
. Bataille aritsinda ku munota wa 22′
. Gavi ku munota wa 54′

Man City yari yabanjwe igitego byaje kurangira yigaranzuye Red Star Belgrade maze iyitsinza 3-1.
Harimo ibitego 2 bya Julian Álvarez ndetse n’icya Rodri. Ni mu gihe uwitwa Bukari Red Star Belgrade yari yabanje gutsinda Man City

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hari benshi batazi isura ye! Nyuma y’ifoto y’umushumba wakoroje imbuga nkoranyambaga kubera imiterere ye, noneho hagaragaye indi foto ye yerekana mu maso he

Uwo munsi benshi bazagoheka aruko bamenye imyaka bamukatiye! Hamenyekanye umunsi ndetse n’itariki Kazungu Denis wishe abantu 14 azaburaniraho