in

Mama Nick wabazwe ku munsi w’ejo hashize Imana yamukoreye ibitanzaga bidasanzwe- Videwo

Mama Nick wabazwe ku munsi w’ejo hashize Imana yamukoreye ibitanzaga – Videwo.

Umukinnyi wa filime nyarwanda uzwi nka Mama Nick umaze iminsi arembeye mu bitaro, yarabazwe ku munsi w’ejo hashize.

Nyuma y’umunsi umwe abazwe hari amashusho yagaragaye arimo agerageza gutambuka, ndetse yatangaje ko ubu ameze neza nubwo atarakira. Imana yakoze ibitangaza arabagwa ndetse ikizere cyo gukira kirahari.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali mu Mujyi rwagati habereye impanuka gusa umushoferi yahise akora igikorwa cy’ubutwari kugirango atabare abantu

Karabaye Rema abakobwa babiri b’ibyamamare bakunzwe hano mu Rwanda no hanze bagiye kuzamuteraniraho ingumi