in

Mama Mukura kubwo gukunda ruhago yahawe akazi gakomeye mu irushanwa ry’igikombe cy’Isi cy’Abavetera

Umukecuru utuye mu majyepfo y’u Rwanda mu karere ka Huye witwa Mukanemeye Madeleine uzwi ku izina rya Mama Mukura kubwo gukunda ruhago by’umwihariko ikipe ya Mukura VS, niwe uzatambagiza igikombe cy’Isi cy’Aba-Vetarns mu bice by’Igihugu cyose.

Iri rushanwa rizitabirwa n’ibyamamare byakanyujijeho muri ruhago, rizakinwa kuva ku 01-10 Nzeri 2024.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

APR FC yasahuye Kiyovu Sports, Bugesera FC itibagiwe na Rayon Sports

Umunyamakuru ukunzwe na benshi ku Isibo Tv yasabiwe kujyanwa aho umwana arira nyina ntiyumve