in

Makonikoshwa yasobanuye neza ibyo kubyarana n’umwe muri Charly na Nina ndetse avuga no kuri SIDA bavuga ko yenda kumuhitana [videwo]

Makonikoshwa yavuze ku byo kubyarana n’umwe muri Charly na Nina ndetse avuga no kuri SIDA bavuga ko yenda kumuhitana.

Umuhanzi nyarwanda wakanyujijeho, Makonikoshwa yahakanye ibyo kubyarana na Nina wamenyekanye mu itsinda rya Charly na Nina.

Avuga ko we na Nina ari inshuti bisanzwe.

Abajijwe ku bijyanye no kurwara Sida, yabihakanye yivuye inyuma.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abaturage bafashe igisambo bagikorera ibya mfurambi barangije bakoresha ibimene by’amacupa bacyogosha umusatsi

Itangazo rya Rayon Sports rigenewe abafana n’abakunzi bayo