in

Lionel Messi yizeje abakunzi be ibintu bikomeye

 

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu ya Argentina Lionel Messi ukinira ikipe ya Paris Saint Germain yo mu gihugu cy’Ubufaransa yijeje abakunzi be ko nta gahunda afite yo kwerekeza muri Saudi Arbia.

Lionel Messi hashize iminsi hari amakuru avuga ko ashobora kwerekeza mu ikipe ya Alhilal yo mu gihugu cya Saudi Arbia ihora ihanganye n’ikipe Cristiano Ronaldo akinamo gusa aya makuru yayateye utwatsi avuga ko azakomeza gukina ku mugabane w’Iburayi kugeza mu mwaka wa 2024.

Lionel Messi byavugwaga ko azahabwa agera kuri miliyoni 400 z’amadolari y’Amerika niyemera kwerekeza muri iyi kipe gusa Rutahizamu w’ikipe ya Paris Saint Germain nta gahunda afite muri uyu mwaka ngo cyereka muri 2024.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Wa mukobwa wavuzwe mu rukundo na Rwatubyaye Abdul, atwite inda y’umukinnyi w’ikipe ikomeye cyane

Breaking News: Ikipe ya Chelsea imaze gusinyisha umutoza mushya