in

Lionel Messi yafashe ikemezo cyo kuva muri FC Barcelone

Nyuma yo gutsindwa n’ikipe ya Bayern Munich, ikipe ya Fc Barcelone iri gutegura impinduka zikomeye haba mu buyobozi bwayo ndetse no mu bakinnyi bayo, gusa kwikura mu rwobo irimo bikaba bias nibitazoroha kuko kizigenza wayo Lionel Messi bivugwa ko agiye kwigendera.

Nkuko bitangazwa n’ikinyamakuru Esporte Interativo, Lionel Messi yamaze kumenyesha ubuyobozi bwa Barca ko atazabakinira umwaka utaha ko ashaka kwirebera indi kipe yerekezamo ku mu gabane w’uburayi.

Umunyamakuru Marcelo Bechler, wari yatangaje igenda rya Neymar ava muri Barca yerekeza muri PSG muri 2017 akaba ariwe dukesha iyi nkuru.

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Impamvu ikomeye ituma abasore bigarurirwa na Shuga mami

Impamvu zitera abasore kudashyingiranwa n’abakobwa bamaze igihe kirekire batereta.