Muri 2022 tariki 18 ukuboza nibwo Lionel Messi yahesheje ikipe y’igihugu ya Argentina igikombe cy’isi cyabereye mu gihugu cya Qatar batsinze ikipe y’igihugu y’u Bufaransa kuri penarite .
Kuva icyo gihe uyu mukinnyi niyigeze yakirwa neza mw’ikipe ya PSG ndetse n’abafana ba yo kuko kugezubu amaze gukina imikino ibiri gusa.
Lionel Messi yasinye amasezerano y’imyaka ibiri muri PSG kuri ubu asigaranye ameze atarenga atandatu ariko akomeje kugorana mu kumwongera amasezerano.
Uretse kutabana neza n’abafana uyu mukinnyi naho ameranye neza n’umutoza wa PSG ndetse na Mbappe dore ko basigaye bapfa gutera penarite ibyo bikaba bica amarenga ko Messi ashaka gusigira Mbappe akayobora PSG.