in

Lilly wagacishijeho mu rukundo na Rwatubyaye Abdul biravugwa atwitiye undi mukinnyi ukomeye -AMAFOTO

Liliane wamaye nka Lilly ku mbuga nkoranyambaga urukundo rugeze kure n’umunyezamu wa Police FC, Kwizera Janvier uzwi nka Rihungu aho banitegura kwibaruka.

Amakuru avuga ko aba bombi basigaye banabana mu nzu imwe aho ndetse uyu mukobwa atwitiye uyu munyezamu wa mbere w’ikipe ya Police FC.

Urukundo rw’aba bombi rwatangiye kuvugwa mu ntangiriro z’uyu mwaka wa 2023 aho batangiraga gusangiza ababakurikira amashusho bagiranye ibihe byiza.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nyambo Jesca yavuze amagambo yuje ubwuzu ku isabukuru ya Jojo Breezy Dancer

Videwo: Shazz wavuzwe mu ifungwa rya Davis D na Kade yiyerekanye mu myambaro itandukanye igaragaza imiterere ye azunguza ikibuno