in

Lamine Yamal yongeye gushimangira ko igikombe cy’uyu mwaka cyizataha ntakabuza

Nyuma y’uko FC Barcelona igeze muri kimwe cya kane cya UEFA Champions isezereye Benfica, Lamine Yamal yongeye gushimangira ko intego ari kwegukana iki gikombe uyu mwaka.

Yagize ati:”Nk’uko nabivuze kuva ku ntangiro ya Champions League, dushaka gutwara buri gikombe cyose gishoboka. Turashaka guhatana tugatanga ibyacu byose ku bw’abafana, tuzareba aho tuzagera. Gusa twizeye kugera kure cyane.”

Mu minsi ishize Lamine Yamal yatangaje ko abona Liverpool ariyo kipe yonyine ibarusha amahirwe kuri UEFA Champions League y’uyu mwaka, none yaraye isezerewe na PSG.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umwana w’imyaka 3 wari urikugenda n’amaguru yahise apfa! Gatsibo habereye impanuka y’imashini yifashishwa mu bwubatsi yarenze umuhanda igonga inzu 4 z’abaturage

I Nyamirambo habereye impanuka iteye ubwoba y’imodoka itwara abagenzi -Amafoto