in

Lamin Yamal inzozi ze zibaye impamo nyuma y’uko Lionel Messi akoze ibihwanye n’ibyifuzo bye

Rutahizamu ukomeye cyane mu ikipe y’igihugu ya Spain ndetse na FC Barcelona uzwi nka Lamin Yamal yatangaje ko yifuzaga gutwara Euro hanyuma Argentina igatwara Copa America kugira ngo azagire amahirwe yo guhurira na Messi mu kibuga.

Ku mugoroba wo kuri iki cyumweru, Spain yatwaye Euro itsinze Ubwongereza ibitego 2-1 naho mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere Argentina itwara Copa America itsinze Colombia 1-0.

Spain na Argentina zizakina umukino uzatanga igikombe cya Finalissima akaba aribwo bigenze neza Lamin Yamal na Messi bazahurira mu kibuga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kuri Site z’Itora zitandukanye mu Mujyi wa Musanze, abaturage bagiye gutora bose bari guhabwa icyayi n’amandazi – AMAFOTO

Ntwari Fiacre yasezeye buri muntu wese babanye mu ikipe ya TS Galaxy yo muri Afurika y’Epfo