in

Kurapa nabyo arabizi: Tom Close yarapye indirimbo ya Bull Dog yongera gushimangira ko ari we muhanzi mbere mu Rwanda (video)

Umuhanzi Tom Close ku munsi w’ejo nibwo yashyize hanze alubumu ye nshya yise ‘Essence’ ikomeje gucimpaka hirya no hino muri Afurika.

Tom Close kuri Televiziyo yitwa Isibo Tv mu kiganiro The Choice Live yemeje abarimo umunyamakuru akaba n’umuhanzi w’umuraperi Phil Peter ubwo yarapaga agace kari mu ndirimbo yakoranye na Bull Dog bise igikoromere.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Burya ntabwo biba byoroshye! Umugabo wari wagiye gusezerana n’umugore we, yahawe urw’amenyo nyuma yo kunanirwa kuvugira ku ibendera (VIDEWO)

Bikomeje kugorana: Umuhanzi Offset akomeje kubuzwa n’umwana yibyariye kujya mu kazi kubera impamvu itangaje(video)