in

Kujya muri Hong Kong ni Ubuntu ku babishaka, dore ibisabwa

Umujyi uri mu ikomeye Hano ku isi Hong Kong, yatangaje ko igiye gutanga amatike 500 000 y’indege ku buntu mu rwego rwo kubyutsa ubukerarugendo bwayo bwaguye kubera ingaruka za Covid-19.

Biteganyijwe ko ayo matike y’ubuntu azatangwa azaba afite agaciro ka miliyoni 254.8 z’Amadolari mu rwego rwo kubyutsa ubukerarugendo muri iki gihugu dore ko Hong Kong iza ku mwanya wa kabiri mu gusurwa n’abantu benshi nyuma y’ubushinwa.

Hari sosiyete nyinshi z’indege zari zamaze guhagarika ingendo muri uyu mugi wa Hong Kong kubera amabwiriza akakaye yo kwiribda coronavirus bigatuma bagira ibihombo.

Mu mezi umunani ya mbere ya 2022, Hong Kong yagize abakerarugendo 184,000. Ni ugusubira inyuma kudasanzwe kuko nko mu 2019, umwaka wose yasuwe n’abakerarugendo basaga miliyoni 56.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wa mubyeyi wataye umwana we akahasiga urwandiko ubu yafashwe dore icyabimuteye

Jamal Musiala wahanganishije Ubwongereza n’Ubudage mu mupira w’amaguru ni muntu ki?