Imyidagaduro
Kugeza ubu aba bahanzi barashima Imana aho yabakuye naho ibagejeje mu buhanzi bwabo:AMAFOTO

Mu Rwanda kuba umuhanzi bisaba imbaraga nyinshi bityo umuhanzi wifuza kuzamuka ahura n’inzitizi nyinshi kuburyo no kuririmba yabireka akabizinukwa burundu, ariko ubu hari abahanzi dufite  bageze ku rwego rushimishije ubwiba bivugira ko bavuye kure usibye no muri muzika no mu buzima bwabo bwaburi munsi abo mureba barashima Imana iyo uvuganye nabo yaba kumbugankoranyambaga agutagarizako ashima Imana , ikindi bakunze kuragariza abanyarwanda indirimbo zo gushima Imana nk’urugero ( THE BEN, MEDDY,KING JAMES…)Â
Uyu mureba hasi  ni umuhanzi THE BEN ,abamuzi ubu uko agana byabayobera niba ariwe cyangwa se atariwe , uyu mubona yarahinmdutse yaba mu buhanzi bwe no mugihagararo yarahindutse bidasubirwaho .
uyu ni umuhanzi MEDDY yarakizamuka muri muzika akiri muto ndetse anakunzwe atarafata rutemikirere ngo yigire muri leta z’unze ubumwe z’america  ubu umubonye wagirango ni undi siwe bitewe nibyo umuziki umugejejeho.
uwo ni umuhanzikazi KNOWLESS ufite ubwiza ubu buhogoza benshi ariko dore aho mureba yariki umunyeshuri kandi yambara imyenda mireremire ikindi aho mureba yari umukozi w’Imana aririmba muri choral
Comments
0 comments
-
Hanze19 hours ago
Wa musore ufite ubumuga bw’ubugufi bukabije ukundana n’umukobwa w’ibiro 100 ari mu mazi abira.
-
Mu Rwanda11 hours ago
Tidjara yahishuye uko abigenza iyo abonye inkumi zije gusura umuhungu we mu rugo.
-
inyigisho20 hours ago
Ngibi ibintu bibi cyane ukwiriye kwirinda gukora mu gitondo ukibyuka|byakugiraho ingaruka utitonze.
-
Utuntu n'utundi14 hours ago
Nta muntu utazatwika: Umukecuru w’imyaka 92 akomeje gutwika imbugankoranyambaga bitewe n’amafoto akomeje gushyira hanze.
-
Utuntu n'utundi19 hours ago
Mu mafoto:Irebere ubwiza bw’ikiraro gikozwe mu birahuri|benshi cyabateye ubwoba.
-
Imyidagaduro19 hours ago
Miss Ingabire Grace yavuze impamvu atakigaragara ku mbuga nkoranyambaga
-
Hanze12 hours ago
Umuraperi AKA yashyinguye umukunzi we witabye Imana nyuma yo kumwambika impeta
-
Mu Rwanda15 hours ago
Wa musore Pattel mwakunze ararize|yerekanye umukunzi we baterana imitoma.