in ,

Kugeza ubu aba bahanzi barashima Imana aho yabakuye naho ibagejeje mu buhanzi bwabo:AMAFOTO

TOM CLOSE hamwe na THE BEN bamaze gutwara ibikombe mu irushanwa rya salax awards

Mu Rwanda kuba umuhanzi bisaba imbaraga nyinshi bityo umuhanzi wifuza kuzamuka ahura n’inzitizi nyinshi kuburyo no kuririmba yabireka akabizinukwa burundu, ariko ubu hari abahanzi dufite  bageze ku rwego rushimishije ubwiba bivugira ko bavuye kure usibye no muri muzika no mu buzima bwabo bwaburi munsi abo mureba barashima Imana iyo uvuganye nabo yaba kumbugankoranyambaga agutagarizako ashima Imana , ikindi bakunze kuragariza abanyarwanda indirimbo zo gushima Imana nk’urugero ( THE BEN, MEDDY,KING JAMES…) 

Uyu mureba hasi  ni umuhanzi THE BEN ,abamuzi ubu uko agana byabayobera niba ariwe cyangwa se atariwe , uyu mubona yarahinmdutse yaba mu buhanzi bwe no mugihagararo yarahindutse bidasubirwaho .

THE BEN
THE BEN

uyu ni umuhanzi MEDDY yarakizamuka muri muzika akiri muto ndetse anakunzwe atarafata rutemikirere ngo yigire muri leta z’unze ubumwe z’america   ubu umubonye wagirango ni undi siwe bitewe nibyo umuziki umugejejeho.

MEDDY
MEDDY

uwo ni umuhanzikazi KNOWLESS ufite ubwiza ubu buhogoza benshi ariko dore aho mureba yariki umunyeshuri kandi yambara imyenda mireremire ikindi aho mureba yari umukozi w’Imana aririmba muri choral

BUERA KNWOLESS hagati yabo basore
BUERA KNWOLESS hagati yabo basore
TOM CLOSE hamwe na THE BEN bamaze gutwara  ibikombe mu irushanwa rya salax awards
TOM CLOSE hamwe na THE BEN bamaze gutwara ibikombe mu irushanwa rya salax awards

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore uwo mugabo niwe BUTERA KNOWLESS azakundana nawe naramuka atandukanye na Producer Clement:SOMA IYI NKURU WIYUMVIRE

Abahanzi bati “kuririmba mu Rwanda ntibyigeze biba impano “:SOMA INKURU