Imyidagaduro
Dore uwo mugabo niwe BUTERA KNOWLESS azakundana nawe naramuka atandukanye na Producer Clement:SOMA IYI NKURU WIYUMVIRE

Umuhanzi kazi uzwi ku ku izina rya Butera Knowless w’umunyarwandakazi ubu ari m’urukundo na producer clement bamaranye imyaka irenga ine bakundana ndetse banapaga kubana ,bimaze kugaragara ko abasore knowless akundana nabo uko baba bameze ndetse n’icyo baba bakora , muri abo basore cyangwa se abagabo bagomba kuba bamufasha mu gihe agezemo mu binjyanye n’impano ye  yo kuririmba.
Umukunzi wamenyekanye ko akunda na Knowless ni Safi ubarizwa mu itsinda rya URBAN BOYS ,uyu musore yazamuye izina ry’uyu muhanzikazi ndetse atuma amenyekana dore ko we uyu musore muri iyo myaka aribwo URBAN BOYS yariri mu bihe byayo byiza ,ntitwatinya kuvuga ko Knowless anjyaho bihiye kuko nyuma yo kumenyekana yahise arekana n’uyu musore nyuma yinjyanira n’umusore ufite inzu itunganya muzika ariwe producer clement ufite studio ya Kina music.
Kunshuro ya kabiri yagiye m’urukundo n’uyu musore Clement kuko yaramaze kuba umuhanzi w’icyamamare rero yifuzaga kubona undi musore uzamufasha gukora ibihanagano bye neza kandi bigakundwa ku isoko mpuzamahanga ni nako byakonzwe yahise amwegurira umutima we Umusore Clement ntiyamwibuza ahita amufata nawe arya kunyama ihiye. urabyumva ko uyu muhanzikazi atakishyura indirimbo bitewe n’intego ye mu buryo bwo gutera imbere ku buhanzi bwe.
Dore uwo azakundana nawe naramuka  atandukanye na producer clement
Akunda bwa mbere yakundanye n’umuhanzi ubwo yifuzaga ko amuzamukira akamenyekana koko ibyo yifuje byarabaye ndetse amenyekana kurenza uko umusore yarazwi muri icyo gihe
Ku nshuro ye ya kabiri akunda yakundanye n’umusore clement ubu ukora munzu itungana indirimbo biragaragara ko yabikoze kumpamvu y’uko yaramze kubona ko amaze kuba icyamamare y’ifuza ko noneho akora ibihagano bitamuhenze kandi byiza bikozwe neza ndetse akarusho bikozwe k’ubuntu nta mafaranga bimutwaye ,ibi akaba yarabigeze kandi ubu gukora indirimbo sibintu bikimuhenda.
K’urukundo rwe rwa gatatu akaba azakundana n’umusore utari umuhanzi kndi adakora munzu itunganya indirimbo ahubw azaba ari umusore urenze ibyo byose nibuze akaba ari umusore utegura ibitaramo cyangwa ufite umukinyarwanda mu biganza haraza mu majwi abasore babiri aribo prince kid hamwe na boubu ,wakwitegereza neza muri aba basore ugasanga uwo knwoless yaha umwanya bitewe nibyo yamugeza ho n’umubushobozi afite muri muzika Nyarwnda ari boubu utegura Guma Guma.
Comments
0 comments
-
Mu Rwanda23 hours ago
Abantu batunguwe cyane n’amazi yo mu kiyaga cya Burera arimo kuzamuka mu kirere ntagaruke bakeka ko ari imperuka(AMAFOTO)
-
Mu Rwanda2 days ago
«Boss wanjye yambwiye ko ndi MUBI ntakwiriye kugaragara mu mashusho» -Agahinda k’umunyamakuru ukomeye mu Rwanda.
-
urukundo10 hours ago
Uyu mukobwa yahaye isomo rikomeye umukunzi we yari yasuye akanga kumuha itike imusubiza iwabo|menya ibyakurikiyeho.
-
Izindi nkuru18 hours ago
Ubugabo burenga 7000 bwafatiwe mu Bushinwa buvanwe muri Afurika.
-
Imyidagaduro10 hours ago
Umugabo wa Bahavu Jannet yamukoreye igikorwa kiramubabaza araturika ararira (amashusho)
-
Utuntu n'utundi1 day ago
Urukwavu rwa mbere ku isi mu bunini rwibwe|hashyirwaho akayabo ku muntu uzarugarura.
-
#KWIBUKA272 days ago
Se yahambwe ari muzima – Ubuhamya bukomeye bwa Uwizeyimana Josiane
-
Izindi nkuru20 hours ago
Umupadiri yasezeye ku murimo w’ubusaseredoti kubera urukundo yakunze umukobwa wari umwe mu bakirisitu yari yararagijwe
Comment:nonsense
Ubwo se urumva ibyutubwiye bitwunguyiki?ntukavuge ubusa hoshi genda!
Ewana mujye mureka kuvuga ibimeze nkibyo abantu batuzuye
Urumva ibyo ari ibintu wa postinga???
Uzatuma twanga iyi website kd ntacyo yicaga cg ngo ikize