Imyidagaduro
Dore uwo mugabo niwe BUTERA KNOWLESS azakundana nawe naramuka atandukanye na Producer Clement:SOMA IYI NKURU WIYUMVIRE

Umuhanzi kazi uzwi ku ku izina rya Butera Knowless w’umunyarwandakazi ubu ari m’urukundo na producer clement bamaranye imyaka irenga ine bakundana ndetse banapaga kubana ,bimaze kugaragara ko abasore knowless akundana nabo uko baba bameze ndetse n’icyo baba bakora , muri abo basore cyangwa se abagabo bagomba kuba bamufasha mu gihe agezemo mu binjyanye n’impano ye  yo kuririmba.
Umukunzi wamenyekanye ko akunda na Knowless ni Safi ubarizwa mu itsinda rya URBAN BOYS ,uyu musore yazamuye izina ry’uyu muhanzikazi ndetse atuma amenyekana dore ko we uyu musore muri iyo myaka aribwo URBAN BOYS yariri mu bihe byayo byiza ,ntitwatinya kuvuga ko Knowless anjyaho bihiye kuko nyuma yo kumenyekana yahise arekana n’uyu musore nyuma yinjyanira n’umusore ufite inzu itunganya muzika ariwe producer clement ufite studio ya Kina music.
Kunshuro ya kabiri yagiye m’urukundo n’uyu musore Clement kuko yaramaze kuba umuhanzi w’icyamamare rero yifuzaga kubona undi musore uzamufasha gukora ibihanagano bye neza kandi bigakundwa ku isoko mpuzamahanga ni nako byakonzwe yahise amwegurira umutima we Umusore Clement ntiyamwibuza ahita amufata nawe arya kunyama ihiye. urabyumva ko uyu muhanzikazi atakishyura indirimbo bitewe n’intego ye mu buryo bwo gutera imbere ku buhanzi bwe.
Dore uwo azakundana nawe naramuka  atandukanye na producer clement
Akunda bwa mbere yakundanye n’umuhanzi ubwo yifuzaga ko amuzamukira akamenyekana koko ibyo yifuje byarabaye ndetse amenyekana kurenza uko umusore yarazwi muri icyo gihe
Ku nshuro ye ya kabiri akunda yakundanye n’umusore clement ubu ukora munzu itungana indirimbo biragaragara ko yabikoze kumpamvu y’uko yaramze kubona ko amaze kuba icyamamare y’ifuza ko noneho akora ibihagano bitamuhenze kandi byiza bikozwe neza ndetse akarusho bikozwe k’ubuntu nta mafaranga bimutwaye ,ibi akaba yarabigeze kandi ubu gukora indirimbo sibintu bikimuhenda.
K’urukundo rwe rwa gatatu akaba azakundana n’umusore utari umuhanzi kndi adakora munzu itunganya indirimbo ahubw azaba ari umusore urenze ibyo byose nibuze akaba ari umusore utegura ibitaramo cyangwa ufite umukinyarwanda mu biganza haraza mu majwi abasore babiri aribo prince kid hamwe na boubu ,wakwitegereza neza muri aba basore ugasanga uwo knwoless yaha umwanya bitewe nibyo yamugeza ho n’umubushobozi afite muri muzika Nyarwnda ari boubu utegura Guma Guma.
-
Hanze12 hours ago
Umuhanzi Diamond Platnumz yamaze gukora impinduka mu mazina ye yitwaga.
-
imikino21 hours ago
Amadolari Sadate yemereye abakinnyi b’Amavubi ararokotse| Dore ibyo Sadate ahise atangaza
-
Imyidagaduro10 hours ago
Shaddyboo yahawe inkwenene azira kwigamba ko ariwe watumye Diamond Platnumz amenyekana
-
Imyidagaduro7 hours ago
Umwe mu banyamakuru ba RBA bakunzwe yahishuye impamvu abantu babyibushye batisanzura ku bantu bose
-
inyigisho23 hours ago
Amakosa ashobora gutuma umukobwa asezera ku rukundo igitaraganya
-
inyigisho13 hours ago
Niba urateganya gukora ubukwe zirikana ibi bintu by’ingenzi utazavaho wicuza nyuma.
-
inyigisho9 hours ago
Uretse kuba abagabo bagiye gusubira ku gikoma, dore ibindi bintu by’ingirakamaro byo gukora muri guma mu rugo
-
Hanze5 hours ago
Umukobwa w’Umutaliyani wakundanaga na Eric Omindi yashyize hanze amabanga yabo yose yo mu buriri.
Comment:nonsense
Ubwo se urumva ibyutubwiye bitwunguyiki?ntukavuge ubusa hoshi genda!
Ewana mujye mureka kuvuga ibimeze nkibyo abantu batuzuye
Urumva ibyo ari ibintu wa postinga???
Uzatuma twanga iyi website kd ntacyo yicaga cg ngo ikize