in

‘Kuducyura kare bigiye gutuma tubyara indahekana’ Nyuma y’uko hashyizwe ho itegeko ry’uko utubari tugomba gufunga saa saba z’ijoro bamwe mu bagabo amarira ni yose bari kwibaza indahekana bagiye kwibaruka icyo bazazireresha [Reba ibitekerezo bya bamwe]

‘Kuducyura kare bigiye gutuma tubyara indahekana’ Nyuma y’uko hashyizwe ho itegeko ry’uko utubari tugomba gufunga saa saba z’ijoro bamwe mu bagabo amarira ni yose bari kwibaza indahekana bagiye kwibaruka icyo bazazireresha [Reba ibitekerezo bya bamwe]

Nyuma y’uko kuwa 1 Nzeri 2023 hashyizwe ho itegeko ry’uko mu minsi y’imibyizi utubari tuzajya dufunga saa saba z’ijoro n’aho mu minsi ya weekend tugafunga saa munani.

Bamwe mu bakoresha imbuga nkoranyambaga by’umwihariko ku rukuta rwa Twitter birayeho baramaganira kure gucyurwa kare nk’inko ndetse bamwe bashimangira ko bizatuma babyara indahekana.

N’ubwo buri wese yatangaga impamvu ze, hari aho byagiye bigaragara ko inzoga zari zimaze kuba nyinshi mu rubyiruko imwe mu mpamvu ikomeye yatumye leta igabanya amasaha yo gucuruza inzoga mu rwego rwo kurwanya inzoga mu rubyiruko.

Ubwo haganirwaga uko bamwe babyumva ku bijyanye no gufunga kare kutubari dore initeker bya bamwe

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Birabe ibyuya!: Umugabo w’umupasiteri ushinjwa gusa na Hon. Bamporiki Eduard yahanuriye mugenzi we ibintu byatumye abantu bumirwa bahita batangira kumusabira igihano cy’urupfu -AMASHUSHO

Uwicyeza Pamella yananiwe kwihanganira The Ben none yamushyize ku gitutu gusa byatumye The Ben amusezeranya ikintu gikomeye agiye gukora vuba aha