in

Kubera kunanirwa gutera akabariro, umucamanza yamutegetse ikintu gikomeye

Nkuko bisanzwe mu ndahiro, ni uko abashakanye barahira ko bazatandukanwa n’urupfu ariko hashyizweho abanyamategeko bazajya baca imanza mu gihe bo bishakira ikindi cyabatandukanya kitari urwo rupfu.

Umugore n’umugabo, urupfu rwabo rwabaye kunanirwa gutera akabariro birangira umucamanza ahisemo ko bagomba gutandukana umugore akajya gushaka abazi gutera akabariro bakamunyura.

Umugore yareze umugabo avuga ko yananiwe kumutera inda mu gihe bari bamaranye cyose kuko atakundaga gukora ibishimisha umugore cyane hanyuma no gutera inda neza neza biramunanira.

Abari aho mu rukiko bahise basakuriza rimwe bati “Uwo mugore yararenganye hanyuma umucamanza yanzura ko bagomba gutandukana”

 

Inkuru dukesha Zambiaobserver

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore ibintu biteye ubwoba abakobwa bafuha basigaye bakorera abakunzi babo

Nyuma y’uko bashwanye yamukoreye ibiteye agahinda