in

Ku rutonde rwa Shampiyona, rurageretse hagati ya Rayon Sports WFC na AS Kigali WFC

Shampiyona y’Icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru mu bagore, igeze aharyoshye, aho igeze ku munsi wa 10 gusa Rayon Sports WFC na AS Kigali WFC zamaze gusiga izindi.

Rayon Sports WFC na AS Kigali WFC zombi zinganya amanota 28 ku rutonde rwa Shampiyona, aho izikurikiye zizirusha amanota 9.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bibaye nonaha: Inyubako y’ubucuruzi mu mujyi rwa gati ifashwe n’inkongi y’umuriro muri iki gitondo [Amafoto]

Aho kugira ngo nuzurize imyaka 40 mu rugo nashaka agasore k’inzererezi kandongora nk’itunga: Nyuma yo kubona ko abasore bafite agatubutse bari gukendera bamwe mu bakobwa bafite ingamba nshya (Video)