in

Ku nshuro ya mbere, Anne Kansiime yerekanye isura y’umwana we.

Umunyarwenya Anne Kansiime yerekanye bwa mbere isura y’umwana w’umuhungu aherutse kwibaruka.

Anne Kansime n’umukunzi we Sky Lanta ni ubwa mbere bagaragaje isura y’imfura yabo bibarutse tariki 24 Mata 2021. Uyu mwana w’umuhungu bise Selassie Ataho, Anne Kansiime na Sky Lanta bamugaragaje nyuma yo kugirana kontaro na kompanyi yitwa Mukwano nk’abambasaderi bayo ikaba isanzwe ishyira ku isoko amavuta y’abana n’abakuru n’ibindi bikoresho bitandukanye.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Cristiano Ronaldo yongeye guca akandi gahigo kidasanzwe.

Kigali: Umunyamakuru ukekwaho gusambanya umwana atawe muri yombi