in ,

Ku ncuro ya mbere mu mateka Messi na Cristiano bifatanyije mu gahinda no mu kababaro

Messi na Cristiano

Abakinnyi bamenyeweho guhangana gukomeye Lionel Messi na Cristiano Ronaldo, kuri ubu bose agahinda bafite ni kamwe bitewe nuko igihembo cy’umwaka muri champiyona ya Espagne cy’umukinnyi witwaye neza bose baburijwemo kikitwarigwa n’umufaransa Antoine Griezman

ukinira ikipe ya Atletico Madrid ndetse n’umutoza mwiza nawe ni Diego Simeone utoza iyi kipe.

Messi na Cristiano
Messi na Cristiano

Nkuko byari bimenyerewe mu myaka irindwi ishize iki gihembo cyegukanwaga numwe muri aba basore gusa kuri ubu bikaba byahinduwe nuyu mufaransa wigaragaje ku rwego rwo hejuru ko nawe afite icyo ashoboye mu mupira w’amaguru.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Menya ibanga ry’imiterere irangaza benshi ya Miss Keza Joannah (amafoto)

Umva bombori bombori yavutse mu rukundo rwa Safi na Parfine