in

Ku myaka ye mike cyane Element agiye gutera ikirenge mucya The Ben

Ku myaka ye mike cyane Element agiye gutera ikirenge mucya The Ben.

Umutunganya miziki ndetse akaba n’umuhanzi Mugisha Robinson wamamaye cyane nka Element agiye gutaramira abanya Uganda mu gitaramo cya Best of Kampala.

Uyu musore agiye gutaramira abazitabira iki gitaramo nyuma y’uko mukuru we The Ben yari yataramiye abacyitabiriye muri 2022 ubwo yasohoraga indirimbo yise “Why” yari yakoranye na Diamond Platunmz na “This is Love” yakoranye na Rema Namakula.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umusirimu ashaka ko nta mukinnyi uzigera akuraho aka gahigo: Cristiano Ronaldo yaraye yujuje umubare w’ibitego bigoranye cyane ko har’undi mukinnyi uzabitsinda

Ifaranga aho rigeze ririvugira koko! Hagaragaye amafoto ya Ange Daby yo muri 2016 ateye ubwuzu