in

Ku myaka ye mike cyane agiye gufata ku ma miliyoni! Umunyarwanda yerekeje gukora igeragezwa mu cyiciro cya mbere mu Bubirigi -AMAFOTO

Umukinnyi w’umunyarwanda, Jesus Paul Sindi yerekeje mu gihugu cy’u Bubiligi gukora igeragezwa mu ikipe Westerlo yo mu cyiciro cya mbere.

Ku mugoroba w’ejo hashize nibwo uyu mukinnyi wabarizwaga mu irerero rya “Tsinda Batsinde Football Academy” yahagurutse ku kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali i Kanombe yerekeza mu Bubiligi.

Ni umusore uzuza imyaka 18 mu kwezi gutaha akaba yari aherekejwe ku kibuga cy’Indege na nyina umubyara aho yamuhaye umugisha wa kibyeyi.

Biteganyijwe ko mu gihe yatsinda iri geragezwa yahita asinyira iyi kipe amasezerano y’imyaka 5.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Azunguza ikibuno kurusha ababizobereyemo! Umukobwa wasariye Juno Kizigenza kugeza ubwo ashyizeho akayabo ku muntu wamuhuza nawe ubu yatangiye gukora igikorwa gikurura abafana -Amashusho

Mu buryo bweruye hamenyekanye impamvu nyamukuru yatumye ikipe ya APR FC yemera gukina na Mukura Victory Sports igatera utwatsi Kiyovu Sports