in

Ku munsi w’ejo tariki ya 18 Ukwakira 2023 ni umunsi w’icuraburindi kuri X-Dealer bivugwa ko yibye telefone ya The Ben

Iminsi irashize The Ben yibewe telefone mu Bujumbura ubwo yari yitabiriye igitaramo yari yatumiwe mo, ndetse kugeza ubu hari uwatawe muri yombi akekwaho kugira uruhare mu kwibwa kwayo.

Uyu Eric Ndagijimana uzwi nka X-Dealer azashikirizwa urukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge ku munsi w’ejo tariki ya 18  Ukwakira 2023, azajya kuburana ku minsi 30 y’ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo.

Bivugwa ko uwayishakaga yari yatanze miliyoni 5 Frw ngo abashe gusibanganya ibiganiro yagiranaga na The Ben.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru meza asohotse nonaha kuri Mama Nick urwariye mu bitaro

Tiwa Savage yahagaritse ibitaramo yari afite kubera uburwayi bumumereye nabi