in

Ku munsi umwe gusa yayitanzeho akayabo! Umushoferi watwaye The Ben ku munsi w’ubukwe bwe, yavuze akayabo k’amamiliyoni The Ben yakodesheje iyi modoka idasazwe – VIDEWO

Umshoferi watwaye The Ben mu mudoka ya ‘Barbus’, yatangaje ko ku munsi umwe gusa iyi modoka ikodeshawa amadorali 1000 ni ukuvuga arenga 1,200,000 Rwf.

Ni mu muhango wo gusaba no gukwa wabaye tariki uyu wa Gatanu tariki 15 Ukuboza 2023, aho The Ben yagiye gutanga inkwano mu muryango wa Uwicyeza Pamela.

Tubibutse ko imodoka nk’iyi yo mu bwoko bwa Barbus ni nkayo umuhanzi Bruce Melodie asanzwe agendamo.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu mukenyero mwiza cyane, Miss Mwiseneza Josiane yikozeho maze aba mu bambere bitabiriye ubukwe bw’inshuti ye Uwicyeza Pamela ugiye gukora ubukwe na The Ben – AMASHUSHO

The Ben n’abasore bamuhereje biganjemo ibyamamare, bamaze kugera ahagiye kubera umuhango wo gusaba no gukwa umukunzi we Uwicyeza Pamella – VIDEWO