in

Ku manywa izuba ricanye, umukobwa yaguye mu maguru y’umwogoshi bari bari gusambana muri Lodge

Umukobwa yapfuye ari gutera akabariro n’umusore usanzwe yogosha.

Ibi byabaye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 31/10/2023, bibera muri Leta ya Kwara muri Nigeria.

Nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru Nigerian Tribune cyo muri icyo gihugu, ngo uyu mukobwa yasambanye n’uwo musore maze aza kubura umwuka.

Nyuma yo kubura umwuka, yahise yihutanwa ku ivuriro ryari hafi aho gusa yaje guhita ahasiga ubuzima.

Ibi kandi byemejwe n’umuvugizi wa Polisi yo muri ako gace, Okasanmi Ajayi.

Uyu musore wakoraga umwuga wo kogosha yahise atabwa muri yombi we na nyiri Lodge bari baryamyemo.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

FERWAFA nyuma yo kubona abanyamuryango bayo bayishinja ikintu gikomeye igiye gutungurana mu buryo butangaje kugirango yongere ibigarurire

Impanuka y’imodoka yo mu bwoko bwa Toyota yahitanye abantu 3 abandi barimo Umunyeshuri wa Segonderi barakomereka bikomeye