in

NdabikunzeNdabikunze NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Ku byo kuryamana na Papa Sava| Yamusanze ku kazi asanga igitanda mu biro| Mama Sava avugishije ukuri kwinshi

Umunyana Annalysa wamamaye ku izina rya Mama Sava yagize icyo avugaku magambi yagiye avugwa n’abantu hirya no hino bavugaga ko yaryamanye na Papa Sava.

Mu kiganiro Mama Sava yagiriye kuri imwe muri televiziyo zikorera kuri YouTube yavuze ko ibyo abantu bavuze ataribyo kuko atigeze aryamana na Papa Sava ndetse anongeraho ko we na Papa Sava bahurira mu kazi bityo ko bakora ibijyanye n’akazi gusa.

Muri iki kiganiro kandi Mama Sava yavuze ku mugabo wigeze kumusaba ko yamusanga mu biro kugirango amuhe akazi ko kwamamaza maze yagerayo uwo mugabo akamubwira ko afite igitanda aruhukiramo ashaka ko baryamana. Mama Sava yagaye imyitwarire uyu mugabo yagaragaje avuga ko idakwiye umuntu mukuru wiyubaha.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wa musore we , niba uri mu rukundo rw’ukuri bwira cherie wawe aya magambo akibyuka wirebere.

Andi mafoto mutabonye yo mu birori bya Bridal shower ya Miss Keza Joannah