in

“Komeza usunike” Amagambo y’ubwenge ugomba kugenderaho uyu munsi mu gihe wumva ibintu byose bitarimo kugenda uko ubyifuza

Umunsi ku munsi abantu muri rusange duhora twiga bijyanye ni uko muri iki gihe hari ibintu tuba dukwiye kwitaho kandi by’ingenzi.

Hari igihe umuntu akora ndetse agakorana ubushake bwose ariko akabona umusaruro ntawo ndetse we ubwo yumva ntacyo yishinja ariko ukwiye gukomeza kuko igihe cyawe kiba kitaragera iyo kigeza ubona ibintu byikora ndetse bikagenda uko ubishaka.

Amagambo ugomba kugenderaho “Komeza usunike. Nubwo wumva urimo kwizirika. Nubwo ari bibi kugeza ubu. Nubwo hari iminsi umaze urira. Nubwo waba udafite ibyiringiro kandi wihebye. Nubwo umaze iminsi wifuza ibintu ariko ukabona ibitandukanye. Ndagusezeranya, Nuzakomeza kwiyumva gutya iteka ryose. Komeza usunike.”

Ibi bivuze ko ibyo ukora udakwiye gucika intege bitewe ni uko biba bizageraho bikagenda mu buryo wifuza kandi uba ugomba guhorana icyizere ndetse ukaniyizera wowe ubwawe.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bikomeje kugorana: Ibyabere i Gisenyi byatumye havugururwa umugani nyarwanda

Murera yongeye kwibikaho undi mukinnyi mwiza w’Amavubi! Rayon Sports yasinyishije umukinnyi wahoze muri APR Fc