in

KNC wakoze mu gikomere ikipe ya Rayon Sports yashyize igorora abakunzi ba Ruhago harimo n’abakunzi ba Gikundiro

KNC wakoze mu gikomere ikipe ya Rayon Sports yashyize igorora abakunzi ba Ruhago harimo n’abakunzi ba Gikundiro

Kakooze Nkuruza Charles uyobora ikipe ya Gasogi United yatangaje ko ikipe ya Rayon Sports uko imeze kugeza ubu yoroshye ku buryo niyo bahura imikino 5 yikurikiranye itapfa kumutsinda ahubwo yajya ayitsinda yongera ibitego buri mukino.

Ibi uyu muyobozi yabitangaje mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri mu kiganiro akora buri munsi kuri Radio One yanagarutse ku mikino iyi kipe ye ifite mu gikombe cy’amahoro, avuga ko abafana bazajya binjirira ubuntu kugirango akomeze gushimira abakunzi ba Gasogi United.

Umukino w’ubuntu ikipe ya Gasogi United izaheraho ni uwuri kuri uyu wa Kane n’ikipe ya Muhazi United ugomba kubera kuri Kigali Pele stadium aho Gasogi United isanzwe yakirira imikino yayo.

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya APR FC yamaze kubabarira umukinnyi wari umaze iminsi mu bihano kubera kwigaragambya

Perezida wa Rayon Sport yaburiye abafana ba Rayon Sport ko uzagerageza kumukubita azisanga muri moruge(uburuhukiro)