in

KNC uzwiho kutemera abakinnyi bandi makipe, yatunguranye nyuma yo gutangaza umukinnyi umwe rukumbi uteye ubwoba waraye afashije ikipe ya APR FC

KNC uzwiho kutemera abakinnyi bandi makipe, yatunguranye nyuma yo gutangaza umukinnyi umwe rukumbi uteye ubwoba waraye afashije ikipe ya APR FC

Ikipe ya APR FC ku munsi wejo hashize yakinnye n’ikipe ya Pyramid FC mu mukino wa Kabiri w’ijonjora ryo gushaka itike yo gukina imikino ya nyuma y’amatsinda ya CAF Champions League, urangira ikipe zombi zinganyije ubusa ku busa.

Uyu mukino abakinnyi b’ikipe ya Pyramid FC bari bari gutinywa cyane n’abafana benshi bitewe n’amafaranga bahembwa ndetse ni uko iyi kipe ibatunze ariko APR FC yitwaye neza nubwo itahabwaga amahirwe.

KNC uyobora ikipe ya Gasogi United yatunguye benshi nyuma yo kwemeza ko myugariro w’ikipe ya APR FC Charles Bienvenue Bindjeme ukomoka muri Cameroon ari umukinnyi mwiza ndetse yemeza ko ari nawe wafashije iyi kipe mu buryo bwose.

Ntabwo KNC ari we wemeye gusa uyu mukinnyi ahubwo benshi mu barebye uyu mukino bahurije kuri uyu myugariro bijyanye ni uko yari yafashe cyane ba rutahizamu ba Pyramid FC bayobowe na Fiston Kalala Mayele ukomoka mu gihugu cya DRC, ariko muri rusange abakinnyi ba APR FC bose bitwaye neza.

 

 

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kwizera Olivier wanze gukinira Amavubi ari kurira ubuzima mu Barabu -AMAFOTO

Abantu bazira abimereye neza! Umunyamakuru ukunzwe cyane hano mu Rwanda abantu bakomeje kumushinja ibintu bitari byiza bitewe n’ibintu yakoze